Post on 15-Jan-2016
description
CLIQUEZ POUR FAIRE AVANCER CLIQUEZ POUR FAIRE AVANCER LES DIAPOSLES DIAPOS
♫ Branchez vos haut-parleurs!♫ Branchez vos haut-parleurs!
― ― Texte de David Brandt BergTexte de David Brandt Berg
Mbere na mbere, ni ukuba umwe.
Ni ubumwe bw’imitima ibiri.
Kubaka urugo, ni ukuba inshuti z’inkoramutima.
Ni ukuba hamwe, mugakorera byose hamwe, mukifuza kandi ko bihora bityo.
Mbere na mbere, ni ukuba umwe.
Ni ubumwe bw’imitima ibiri.
Kubaka urugo, ni ukuba inshuti z’inkoramutima.
Ni ukuba hamwe, mugakorera byose hamwe, mukifuza kandi ko bihora bityo.
Kubaka urugo, ni ukugerageza kumvana.
Ni ugufunga amaso imbere y’amakosa ya mugenzi wawe.
Ni uguhora wigengesereye imbere ye.
Ni ukubaha igihe cye, ukita ku marangamutima ye n’ibyifuzo bye.
Kubaka urugo, ni ugukunda.
Ni uguhora wita ku wo mwashakanye. Ni ugukora ibishoboka byose kugira ngo anezerwe.
Kubaka urugo, ni ukwemera gukundwa. Ni ukubwirana amagambo yubaka, no mu ngiro bikaba bityo.
Ni ukumutera Ni ukumutera umwete igihe yacitse umwete igihe yacitse intege. intege.
Ni ukumugandura Ni ukumugandura igihe yaguye. Ni igihe yaguye. Ni ukugira imbaraga ukugira imbaraga n’ubutwari igihe we n’ubutwari igihe we yazicitse.yazicitse.
Kubaka urugo ni ugushyigikirana.
Ni ugushyigikira uwo mwashakanye mu byo akora byose, haba mu byiza no mu
ngorane. Ni ugushyigikirana mu
mvugo, mu ngiro, no nzego zose
z’ubuzima.Ni ugusabirana umwe ku
wundi.
Kubaka urugo ni ugushyigikirana.
Ni ugushyigikira uwo mwashakanye mu byo akora byose, haba mu byiza no mu
ngorane. Ni ugushyigikirana mu
mvugo, mu ngiro, no nzego zose
z’ubuzima.Ni ugusabirana umwe ku
wundi.
Kubaka urugo, Kubaka urugo, Ni ukujya inama, gusenga, no Ni ukujya inama, gusenga, no
kungurana ibitekerezo. kungurana ibitekerezo. Ni ukugerageza kumvikana. Ni ukugerageza kumvikana.
Ntibyagombye kubaho ko Ntibyagombye kubaho ko inkuta ziyubaka hagati inkuta ziyubaka hagati
y’abashakanye, biturutse ku y’abashakanye, biturutse ku kutamenyana hagati yabo. kutamenyana hagati yabo. Ahubwo hagombye kubaho Ahubwo hagombye kubaho urubuga rwo kumenyana no urubuga rwo kumenyana no
kumvikana .kumvikana .
Kubaka urugo, Kubaka urugo, Ni ukujya inama, gusenga, no Ni ukujya inama, gusenga, no
kungurana ibitekerezo. kungurana ibitekerezo. Ni ukugerageza kumvikana. Ni ukugerageza kumvikana.
Ntibyagombye kubaho ko Ntibyagombye kubaho ko inkuta ziyubaka hagati inkuta ziyubaka hagati
y’abashakanye, biturutse ku y’abashakanye, biturutse ku kutamenyana hagati yabo. kutamenyana hagati yabo. Ahubwo hagombye kubaho Ahubwo hagombye kubaho urubuga rwo kumenyana no urubuga rwo kumenyana no
kumvikana .kumvikana .
Kubaka urugo, ni ukuganira mu bwisanzure,
no kubwizanya ukuri. Ni ukwicisha bugufi, Ni ukwicisha bugufi,
bikagera n’aho ugaragaraza bikagera n’aho ugaragaraza ibitekerezo byawe ibitekerezo byawe
by’ibanga.by’ibanga.
Kubaka urugo, ni ukuganira mu bwisanzure,
no kubwizanya ukuri. Ni ukwicisha bugufi, Ni ukwicisha bugufi,
bikagera n’aho ugaragaraza bikagera n’aho ugaragaraza ibitekerezo byawe ibitekerezo byawe
by’ibanga.by’ibanga.
Kubaka urugo bisaba ubwitange.
Ni ukwiha wowe ubwawe uwo ukunda. Ni ukwitegura kureka imitekerereze n’ibyifuzo byawe, kugira ngo ushimishe uwo ukunda.
Kubaka urugo ni ukwiyemeza buri wese kwitangira undi.
Kubaka urugo, ni ukugira urukundo ndengakamere.
Ni ukwiyemeza guharanira umunezero wa mugenzi wawe mbere yo gushaka ibyishimo byawe.
Kubaka urugo bisaba ubwitange.
Ni ukwiha wowe ubwawe uwo ukunda. Ni ukwitegura kureka imitekerereze n’ibyifuzo byawe, kugira ngo ushimishe uwo ukunda.
Kubaka urugo ni ukwiyemeza buri wese kwitangira undi.
Kubaka urugo, ni ukugira urukundo ndengakamere.
Ni ukwiyemeza guharanira umunezero wa mugenzi wawe mbere yo gushaka ibyishimo byawe.
Kubaka urugo ni ubusabane.
Kubaka urugo si iby’umwe, buri wese afitemo uruhare rwe.
Kubaka urugo, ni ukwicisha bugufi , ugaha na mugenzi wawe amahirwe.
Kubaka urugo, ni ukwigira kuri mugenzi wawe, na we akakwigiraho.
Kubaka urugo ni ubusabane.
Kubaka urugo si iby’umwe, buri wese afitemo uruhare rwe.
Kubaka urugo, ni ukwicisha bugufi , ugaha na mugenzi wawe amahirwe.
Kubaka urugo, ni ukwigira kuri mugenzi wawe, na we akakwigiraho.
Kubaka urugo , ni ukwiga kudaha
agaciro buri kose.
Kubaka urugo , ni ukwiga kudaha
agaciro buri kose.
Kubaka urugo, ni ukugira umutima wagutse.
Ni ukubasha kwishyira mu mwanya wa mugenzi wawe.
Ni ukubasha kumva, ugasobanukirwa.
Ni ukuba iruhande rwa mugenzi wawe, igihe ibihe
bimeze neza, ndetse n’igihe cy’ingorane.
Urukundo rw’abashakanye ruhosha imihengeri, rugatuma banesha
ibigeragezo bikomeye.
Kubaka urugo, ni ukugira umutima wagutse.
Ni ukubasha kwishyira mu mwanya wa mugenzi wawe.
Ni ukubasha kumva, ugasobanukirwa.
Ni ukuba iruhande rwa mugenzi wawe, igihe ibihe
bimeze neza, ndetse n’igihe cy’ingorane.
Urukundo rw’abashakanye ruhosha imihengeri, rugatuma banesha
ibigeragezo bikomeye.
Kubaka urugo ni ukugenda mumenyana, uko bwije n’uko bukeye.Ni ukwiga gushimishwa n’utwo twose ugenda uvumbura kuri mugenzi wawe.
Kubaka urugo, ni ukugira umwanya wo kwishimira ubuzima. Ni ukumenya gusangira ibyishimo, mukanezezwa no kubana.
Kubaka urugo, ni ukugira umwanya wo kwishimira ubuzima. Ni ukumenya gusangira ibyishimo, mukanezezwa no kubana.
Kubaka urugo, Kubaka urugo, bijyana no kwiyubaha.bijyana no kwiyubaha.
Kubaka urugo,Kubaka urugo,bijyana no kwizerana.bijyana no kwizerana.
Ni ukwakira mugenzi Ni ukwakira mugenzi wawe uko ari.wawe uko ari.
LeLe
Ni ukumenya ko Ni ukumenya ko umufasha wawe umufasha wawe adahari, utaba wuzuye.adahari, utaba wuzuye.
Byashyizwe mu kinyarwanda na Narcisse Ntawigenera
Psychologue Clinicien/RIME COMPANY LTD
Byashyizwe mu kinyarwanda na Narcisse Ntawigenera
Psychologue Clinicien/RIME COMPANY LTD www.tommyswindow.com